1.Kwemera guhomba
byinshi byo muri iyi si tubona tutarushye mu manyanga, nk’amanota,agakiza twahawe karihagije ,Yesu arihagije ashobora kukunezeza abafiripi3:7-8,”ibyari indamu yanjye nabibonye nk’igihombo kubera kuronka kristo,” turasabwa guhomba rero kugirango turonke Kristo
2.Kugambirira
kugambirira kubaha imana ndetse no kuyubahisha daniel3:1 ingero z’abasore bagambiriye kubahisha Imana Imigani 14:6, ugambirira kubaha Imana afite ibyiringiro bikomeye ,kugambirira si amagambo n’ibintu bisabwa gushyirwa mubikorwa
3.Gucabugufi no kwihana
1 Yohana 3:3,ufite ibyo byiringiro yiboneze nkuko uwo nawe aboneye.”kwemera kwihana ntiwinangire umitima ni imwe mu ntambwe zo kurinda ibyiringiro. Ntabwo twezwa n’imirimo,twezwa kubwo guca bugufi tukezwa n’amaraso ya Yesu kristo
4.Gusenga no gusoma
Ijambo ry’Imana , Dawidi ati,”nabikiye ijambo ryawe mu mutima wanjye kugirango ntagucumuraho”,nkuko umubiri ukenera ibyo kurya niko n’ubugingo bukenera ijambo ry’Imana
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 2 Werurwe, Kiliziya yatangiye igihe gikomeye muri Liturujiya « Igisibo ». Muri Kiliziya, igisibo ni urugendo rw’iminsi 40 abakristu bamara basenga, bigomwa kanda bicuza...
Abavugabutumwa batandatu bari baherutse gusaba ko Apôtre Dr. Paul M. Gitwaza, Umushumba w’Itorero Zion Temple, yegura, bongeye kumvikana banenga Urwego rw’Imiyoborere (RGB) rwatesheje agaciro...
Igihugu cy’Ubushinwa kizwiho guhohotera cyane abakristo, gikomeje kugenda gishyiraho amategeko abangamira abakristo bo muri icyo gihugu kubijyanye no guterane, iki gihugu cyongeye gushiraho...
Mugihe intambara ikomeje gufata intera mugihugu cya Ukraine niko umubare w’abashaka Bibiliya muri icyo gihugu ukomeje kwiyongera cyane. Nkuko bitangazwa na Robert L. Briggs umuyobozi mukuru...