Kavutse Olivier aherutse gutangaza Impamvu atakorana indirimbo n’umuhanzi w’indirimbo zitari ...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Kavutse Olivier aherutse gutangaza ko adashobora gukorana indirimbo n’undi uririmba iz’Isi kabone n’ubwo ...
Nasambanaga n’inzoka nkarya n’imibiri y’abantu nibeshye itorero nsanga nirya Satani
Umugore w’imyaka 26 wo mugihugu cya Kenya ari mukiganiro kuri Radiyo yitwa Maisha fm yemeye ko yajyaga arya imibiri y’abantu ...
Ishyano! Umupasteri yafatiwe murugo rw’umuturanyi
Umuvugabutumwa baherutse kumugwa gitumo arimo gusambanya umugore w’umuturanyi utwite inda y’amezi 7. Ibi byabereye mu igihugu cya Kenya mugace ka ...
Breaking news : Mama wa Apotre Gitwaza yitabye Imana
Amakuru amaze umwanya atugezeho nuko umubyeyi wa Apotre Gitwaza yitabye Imana akaba azize uburwayi, uyu mubyeyi yaramaze iminsi arwariye mu ...
ADEPR : Impamvu 5 zaranze amavugurura mu ndembo ibigugu bikisanga ...
ADEPR : Impamvu 5 zaranze amavugurura mu ndembo ibigugu bikisanga ku gatebe hasi mu Midugudu Hari hashize igihe gito ...
Ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa ADEPR bwatangaje amazina y’abayobozi b’indembo 9 ziheruka ...
Ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa ADEPR bwatangarije abanyetorero amazina y’abashumba 9 bahawe kuyobora indembo 9 ziheruka kuvugururwa.
Charles Kagame yatangaje byinshi ku indirimbo nshya yise”amakuru” yiganjemo ubutumwa ...
Umuhanzi Kagame Charles ubarizwa muri Australia yashyize hanze indirimbo nshya yise “Amakuru”, nimwe mundirimbo zifite ubutumwa butamenyerewe cyane mundirimbo zihimbaza ...
Israel n’itsinda rye bashyize hanze indirimbo nshya izagaragara kuri ...
Umuririmbyi, umwanditsi akaba n’umuramyi umaze gutwara ibihembo bitari bike Israel Houghton arikumwe n’itsinda rye New Breed hashyize ibyumweru bibiri bashyize ...
Rutayisire yatangaje igihe azafatira ikiruhuko cy’izabukuru nibyamubayeho ubwo yahamyaga Gitwaza ...
Pasteri Dr. Antoine Rutayisire yatangaje igihe azajya mukiruhuko cyizabukuru nicyo ateganya gukora muri ibyo bihe ndetse anagaruka kungaruka yahuye nazo ...
Patient Bizimana yavuze aho ubukwe bwe buzabera agaragaza n’uruhare rw’umukunzi ...
Kuri uyu wagatanu dushoje umuramyi Patient Bizimana mukiganiro Break Fast with the stars gitambuka kuri Radio Kiss Fm nibwo yongeye ...