Umuhanzikazi Uwitonze Tonzi yagaragaje imbamutima ze kuri Mama we utakiriho ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga waba Mama.
K’umunsi wo kucyumweru nibwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga waba Mama, ibyamamare bitandukanye byashyize hanze amafoto y’aba Mama babibarutse kumbuga nkoranyambaga zabo bakongeraho n’amagambo ashimira aba mama babo.
Umuhanzikazi Uwitonzi Tonzi yavuze numwe mubagaragaje imbamutima ku mubyeyi we nubwo atakiriho yandika amagambo akomeye kandi agaragaza ubutwari bw’umubyeyi we ndetse nibyo adateze kwibagirwa kuri Mama we .
Mu nkuru yacu iheruka, ubwo twibazaga nimba koko Rose Muhando nagera mu Rwanda abantu bagiye bamutumira banamwishyuye akabatenguha, batazamufatirana bakamwishyuza ubutumire bwabo yabatengushyemo...
Rwanda Gospel Stars live yaraye isojwe mw’ijoro ryo kuri iki cyumweru cy’italiki ya 06 Werurwe, ni igikorwa cyari kije gifite intego nziza ariko gisize byinshi i musozi, ni inyuma y’ibintu byinshi...
Abari bagize akanama nkemurampaka ka Rwanda Gospel Live Stars bimaze kumenyekana ko besezereye rimwe . kubera imikorere idahwitse y’abategura iri rushanwa. Ibi byamenyekanye mumasaha yatambutse...
Umuhanzikazi uzwi cyane muri Afrika y’iburasirazuba Rose Muhando yaraye asesekaye mu Rwanda mw’ijoro ryahise, akigera mu Rwanda yagize ibyo atangaza kubyerekeranye n’u Rwanda ndetse nicyo abantu...