Umushumba mukuru w’itorero rya ADEPR, yananiwe kwikura mu nzara z’abanyamakuru ba radio10 ubwo bamubazaga ibijyanye n’imishahara abakozi ba ADEPR bahembwa.
Kuri uyu wa kabiri w’icyumweru turimo, umushumba mukuru w’itorero rya ADEPR Pasteri Ndayizeye Isaie ari mu kiganiro cya mugitondo kizwi nka Zinduka gikorwa n’abanyamakuru barimo Oswald Kim ndetse na Papa Kibizu, yananiwe kwikura munzara zabo kubera ikibazo yabajijwe kijyanye n’imishahara, akavuga umushahara wo hasi, yabazwa umushahara wo hejuru akifata, ni ikintu cyatumye abari bakurikiye ikiganiro bakomeza kubyitsaho bibaza impamvu yatinye kuvuga umushahara ahembwa ariko akabasha kuvuga umushahara umukozi wo hasi ahembwa.
Kanda hano ukurikire ikiganiro cyose niho byose bikubiye
Mu nkuru yacu iheruka, ubwo twibazaga nimba koko Rose Muhando nagera mu Rwanda abantu bagiye bamutumira banamwishyuye akabatenguha, batazamufatirana bakamwishyuza ubutumire bwabo yabatengushyemo...
Rwanda Gospel Stars live yaraye isojwe mw’ijoro ryo kuri iki cyumweru cy’italiki ya 06 Werurwe, ni igikorwa cyari kije gifite intego nziza ariko gisize byinshi i musozi, ni inyuma y’ibintu byinshi...
Abari bagize akanama nkemurampaka ka Rwanda Gospel Live Stars bimaze kumenyekana ko besezereye rimwe . kubera imikorere idahwitse y’abategura iri rushanwa. Ibi byamenyekanye mumasaha yatambutse...
Umuhanzikazi uzwi cyane muri Afrika y’iburasirazuba Rose Muhando yaraye asesekaye mu Rwanda mw’ijoro ryahise, akigera mu Rwanda yagize ibyo atangaza kubyerekeranye n’u Rwanda ndetse nicyo abantu...