Isaac Mudakikwa ni umuhanzi ukomeje gushyira imbaraga mugushyira hanze ibihangano byamamaze ubutumwa bwiza bwa Kristo, yongeye gushyira hanze indirimbo nshya yise "Intambwe"
Iyi ndirimbo ikubiyemo isengesho isaba Imana kumukomereza intambwe, hari naho agaruka agaragaza ko yabonye abo yafataga nk’icyitegererezo nabandi bagiye bakoreshwa n’Imana yababonye bagwa. muri ino ndirimbo arakomeza agira ati "Ese byaba bimaze iki kwemerwa n’Isi yose maze nkazabura ubugingo...
Ni indirimbo nziza cyane irimo ubutumwa butamenyerewe cyane mu indirimbo z’abahanzi ba Gospel ndetse hari nabatinya kubivugaho.
kanda hano wumve urebe amashusho y’indirimbo "Intambwe"
Mu nkuru yacu iheruka, ubwo twibazaga nimba koko Rose Muhando nagera mu Rwanda abantu bagiye bamutumira banamwishyuye akabatenguha, batazamufatirana bakamwishyuza ubutumire bwabo yabatengushyemo...
Rwanda Gospel Stars live yaraye isojwe mw’ijoro ryo kuri iki cyumweru cy’italiki ya 06 Werurwe, ni igikorwa cyari kije gifite intego nziza ariko gisize byinshi i musozi, ni inyuma y’ibintu byinshi...
Abari bagize akanama nkemurampaka ka Rwanda Gospel Live Stars bimaze kumenyekana ko besezereye rimwe . kubera imikorere idahwitse y’abategura iri rushanwa. Ibi byamenyekanye mumasaha yatambutse...
Umuhanzikazi uzwi cyane muri Afrika y’iburasirazuba Rose Muhando yaraye asesekaye mu Rwanda mw’ijoro ryahise, akigera mu Rwanda yagize ibyo atangaza kubyerekeranye n’u Rwanda ndetse nicyo abantu...