Umugore w’umuvugabutumwa mu igihugu cya Nigeria, yahishuye icyo Imana yamutumye kuba Pasteri ba Nigeria.
Mu igihugu cya Nigeria hakomeje gukwirakwizwa amashusho agaragaza umugore w’umuvugabutumwa arimo guhishura ibyo Imana yamubwiye. muri ayo mashusho, uyu mugore agaragara yambaye umwenda w’umweru arimo kubwiriza abantu.
Uyu mugore mu kubwiriza yavuze ko ubwo yaravuye mumurimo w’Imana, yatashye iwe ariyuhagira, maze ajya kuryama, mugihe asinziriye Imana iraza imukoraho iramubyutsa, maze imutuma kubwira aba Pasteri bo muri Nigeria ko badakwiye gufungura insengero ku munsi wo ku cyumweru. yakomeje avuga ko ababyeyi bakwiye kujyana abana babo murugo bagasenga.
Umuhanzikazi uzwi cyane muri Afrika y’iburasirazuba Rose Muhando yaraye asesekaye mu Rwanda mw’ijoro ryahise, akigera mu Rwanda yagize ibyo atangaza kubyerekeranye n’u Rwanda ndetse nicyo abantu...
Mw’itorero rya Rwanda For Jesus, haravugwamo ubuhemu hagati yaba Pasteri bayo bikaba bitumye, bagezanya mu nkiko, nyuma yuko aba pasteri batandukanye bagerageje kubunga ariko bikanga bigakomeza...
Rwanda Gospel Stars Live n’igikorwa kimaze igihe kigarukwaho mw’itangazamakuru, abagitegura bagisobanura bavugaga ko intego ya Rwanda Gospel Stars Live ari ugufasha abahanzi ba gospel kwiteza...
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 2 Werurwe, Kiliziya yatangiye igihe gikomeye muri Liturujiya « Igisibo ». Muri Kiliziya, igisibo ni urugendo rw’iminsi 40 abakristu bamara basenga, bigomwa kanda bicuza...