Ubwo umuhanzikazi akaba n’umuririmbyikazi wa Korali ambassadors of Christ ubwo yari mukiganiro The choice kiyoborwa na M. Irene ndetse na Phil Peter kuri televiziyo ya Isibo tv ku italiki ya 25 ukwakira . umwe mubantu batavuze amazina ye bari bakurikiye ikiganiro, yohereje ubutumwa abaza umuhanzikazi Uwera Sanyu nimba yakorana indirimbo na Bruce Melody.
Ni ikiganiro uyu muhanzikazi yari yitabiriye ariko kandi cyanatumiwemo umuhanzi Bruce Melody. Sarah Uwera Sanyu mugusubiza uwari umubajije nimba yakorana na Bruce melody indirimbo yasubije avuga ko bitashoboka.
Yagize ati " Ntabwo twakorana, kubera ko imyemerere yanjye ntibinyemerera, suko nanze Bruce melodie cyangwa se ntamwubaha, kuko imyemerere yanjye itanyemerera kuba naririmba secular music." umunyamakuru yamubajije nimba baririmbanye gospel music byo yabyemera asubiza avuga ko arindi topic bakwigaho hagati ye na Bruce melody bakumvikana bakareba igikwiriye kwigwaho kizima.
Mu nkuru yacu iheruka, ubwo twibazaga nimba koko Rose Muhando nagera mu Rwanda abantu bagiye bamutumira banamwishyuye akabatenguha, batazamufatirana bakamwishyuza ubutumire bwabo yabatengushyemo...
Rwanda Gospel Stars live yaraye isojwe mw’ijoro ryo kuri iki cyumweru cy’italiki ya 06 Werurwe, ni igikorwa cyari kije gifite intego nziza ariko gisize byinshi i musozi, ni inyuma y’ibintu byinshi...
Abari bagize akanama nkemurampaka ka Rwanda Gospel Live Stars bimaze kumenyekana ko besezereye rimwe . kubera imikorere idahwitse y’abategura iri rushanwa. Ibi byamenyekanye mumasaha yatambutse...
Umuhanzikazi uzwi cyane muri Afrika y’iburasirazuba Rose Muhando yaraye asesekaye mu Rwanda mw’ijoro ryahise, akigera mu Rwanda yagize ibyo atangaza kubyerekeranye n’u Rwanda ndetse nicyo abantu...