Umupasteri wo mu igihugu cya Nigeria yakojeje isoni umukobwa bari bahuriye mw’isoko nyuma yokubona imyenda iteye isoni yariyambaye igaragaza ubwambure.
Ubwo uwo muvugabutumwa yabonaga imyenda uwo mukobwa yambaye yamutegetse gupfukama akamusengera isengesho rimubohora umwuka wo kwambara ubusa, umukobwa yakomeje kwanga yiyama pasteri ngo namureke wenyine ariko pasteri nawe yanga kuva kw’izima kugeza ubwo yemeye gupfukama agasengerwa , nyuma yo kumusengera yamuhaye amafaranga yo kugura imyenda mizima itamwambika ubusa.
Mu nkuru yacu iheruka, ubwo twibazaga nimba koko Rose Muhando nagera mu Rwanda abantu bagiye bamutumira banamwishyuye akabatenguha, batazamufatirana bakamwishyuza ubutumire bwabo yabatengushyemo...
Rwanda Gospel Stars live yaraye isojwe mw’ijoro ryo kuri iki cyumweru cy’italiki ya 06 Werurwe, ni igikorwa cyari kije gifite intego nziza ariko gisize byinshi i musozi, ni inyuma y’ibintu byinshi...
Abari bagize akanama nkemurampaka ka Rwanda Gospel Live Stars bimaze kumenyekana ko besezereye rimwe . kubera imikorere idahwitse y’abategura iri rushanwa. Ibi byamenyekanye mumasaha yatambutse...
Umuhanzikazi uzwi cyane muri Afrika y’iburasirazuba Rose Muhando yaraye asesekaye mu Rwanda mw’ijoro ryahise, akigera mu Rwanda yagize ibyo atangaza kubyerekeranye n’u Rwanda ndetse nicyo abantu...