Gaby Kamanzi mu kiganiro aherutse kugirana na Flash Fm yagarutse kubyagiye bivugwa birimo urukundo rwe na Patient, umubano we n’itsinda yahoze abarizwamo rya The Sisters ryari rigizwe na Gahongayire,Tonzi,Fanny ndetse na Gaby , yanavuze kubintu umugabo uzamushaka agomba kuba afite anavuga ibintu byamunejeje mumuziki uhimbaza Imana.
Umuhanzi Kagame Charles wamenyekanye cyane mu indirimbo "amakuru" , yashyize hanze indirimbo yise "Umuzingo" izajya kuri Album ariho ategura yitwa "Urukiryi". Uyu muhanzi washize hanze indirimbo...
Isaac Mudakikwa ni umuhanzi ukomeje gushyira imbaraga mugushyira hanze ibihangano byamamaze ubutumwa bwiza bwa Kristo, yongeye gushyira hanze indirimbo nshya yise "Intambwe" Iyi ndirimbo...
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Israel Mbonyi, yatabarijwe n’umunyamitwe washakaga kwiba abakunzi be aho yavugaga ko uyu muhanzi yakoze impanuka akaba akeneye ubufasha bwabo. Kanda hano...
Umukobwa w’imfura w’umukozi w’Imana ukomeye kw’Isi Bishop TD Jakes , nyuma y’imyaka irenga 10 ashakanye na Richard Brandon Coleman yamaze gutangaza ko bakoze gatanya ndetse asaba amasengesho. Cora...