Umuhanzi Kagame Charles wamenyekanye cyane mu indirimbo "amakuru" , yashyize hanze indirimbo yise "Umuzingo" izajya kuri Album ariho ategura yitwa "Urukiryi".
Uyu muhanzi washize hanze indirimbo yise "Umuzingo" asanzwe atuye mu igihugu cya Australia, yadutangarije ko iyi ndirimbo yashize hanze ari ubutumwa bugamije kwibutsa abantu kutirara ngo bibagirwe amateka y’ibyahise. n’indirimbo ikebura abasenze amasengesho yo gutabarwa baka gusubizwa bagahinduka bagasigara ari abibone. twavuga ko ikubiyemo ubutumwa bw’ifuhe ku bantu bibagiwe aho Imana yabakuye.
Mu nkuru yacu iheruka, ubwo twibazaga nimba koko Rose Muhando nagera mu Rwanda abantu bagiye bamutumira banamwishyuye akabatenguha, batazamufatirana bakamwishyuza ubutumire bwabo yabatengushyemo...
Rwanda Gospel Stars live yaraye isojwe mw’ijoro ryo kuri iki cyumweru cy’italiki ya 06 Werurwe, ni igikorwa cyari kije gifite intego nziza ariko gisize byinshi i musozi, ni inyuma y’ibintu byinshi...
Abari bagize akanama nkemurampaka ka Rwanda Gospel Live Stars bimaze kumenyekana ko besezereye rimwe . kubera imikorere idahwitse y’abategura iri rushanwa. Ibi byamenyekanye mumasaha yatambutse...
Umuhanzikazi uzwi cyane muri Afrika y’iburasirazuba Rose Muhando yaraye asesekaye mu Rwanda mw’ijoro ryahise, akigera mu Rwanda yagize ibyo atangaza kubyerekeranye n’u Rwanda ndetse nicyo abantu...