Mu nkuru yacu iheruka, ubwo twibazaga nimba koko Rose Muhando nagera mu Rwanda abantu bagiye bamutumira banamwishyuye akabatenguha, batazamufatirana bakamwishyuza ubutumire bwabo yabatengushyemo akabwishyura, niko birangiye bibaye. Nyuma yuko ageze mu Rwanda ku umunsi wo kuwa kane w’icyumweru gishize aje ku ubutumire bw’igitaramo Praise&Worship Live Concert cyaraye kibaye mw’ijoro ryatambutse. byakomeje kuvugwa ko itorero rya Foursquare yigeze gutenguha mu mwaka wa 2017 ubwo yari yishyuwe bikarangira atitabiriye igitaramo, bagize ibiganiro n’uyu muhanzikazi kugirango abashe kwishyura...
Read MoreMu bikorwa byacu bya buri munsi duharanira iterambere. Mu ishuri wiga wifuza gutsinda, mu kazi ukora wifuza gushimisha umukoresha, ngo uzamurwe mu ntera. Umuhinzi aba yifuza umusaruro...
Read MoreUmusonga ni iki ? Ni indwara iterwa na mikorobe za bagiteri cg virusi, yibasira ibihaha. Akenshi igaragazwa no gukorora, umuriro no guhumeka bigoranye. Ku bantu benshi, umusonga ushobora kwikiza...
Read MoreAbantu benshi bumva ko umusaraba ari ikimenyetso kiranga Ubukristo. Nubwo Abahamya ba Yehova na bo ari Abakristo, ntibakoresha umusaraba. Kuki ? Imwe mu mpamvu zibitera ni uko Bibiliya ivuga ko Yesu atapfiriye ku musaraba ; ahubwo ni ku giti. Byongeye kandi, Bibiliya ibuza Abakristo ikomeje ko ‘bahunga ibikorwa byo gusenga ibigirwamana,’ harimo no gukoresha umusaraba.—1 Abakorinto 10:14 ; 1 Yohana 5 :21. Birashishikaje kuba Yesu yaravuze ati “ni byo bose bazabamenyeraho ko muri abigishwa banjye, nimukundana” (Yohana 13 :34, 35). Yashakaga kuvuga ko abigishwa be bari kuzarangwa n’urukundo...
Read More